• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Rutsiro: Abagabo babiri barakekwaho kwica mugenzi wabo basangiraga inzoga

OMEGA BOY by OMEGA BOY
August 3, 2025
in Amakuru
0
Rutsiro: Umugabo yagwiriwe n’ibuye ahita apfa
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo babiri bo mu Karere ka Rutsiro bakekwaho kwica Rukeratabaro Balthasar w’imyaka 48 bakamuta ku nzira, isaba abaturage kwirinda ubusinzi.

Amakuru y’uru rupfu yamenyekanye ahagana Saa Sita z’ijoro rishyira kuri iki Cyumweru, mu Murenge wa Ruhango, Akagari ka Kavumu ho mu Mudugudu wa Gasasa.

Related posts

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

March 17, 2026
Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

Huye: Abaturage bakurikiranyweho gutera amabuye inzego z’umutekano no gukubita gitifu agakomereka

March 17, 2026

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, SP. Sylvestre Twajamahoro yavuze ko uru rupfu rwakomotse ku makimbirane.

Ati “Polisi ikimara kumenya amakuru yahise ijyayo isanga Rukeratabaro ku nzira yapfuye afite igikomere mu gahanga bigaraga ko ari ikintu bamukubise, iperereza ryahise ritangira hafatwa babiri bakekwa, aba bari kumwe na nyakwigendera ku kabari baratahana bagenda batongana bapfa ko mugenzi we yanze kumugurira inzoga.”

Yakomeje asaba abaturage kwirinda amakimbirane, arimo n’ayo usanga akomoka ku businzi no kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanwe ku Bitaro bya Murunda gukorerwa isuzumwa mbere y’uko ushyingurwa.

Abakekwa bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Ruhango mu gihe iperereza rikomeje.

Previous Post

Rutsiro: Abakozi 3 ba SACCO batawe muri yombi

Next Post

Ruhango: Amayobera ku rupfu rw’umukobwa bivugwa ko yagonzwe na ‘Ambulance’ ibitaro byo bikabihakana byivuye inyuma

Next Post
Ruhango: Amayobera ku rupfu rw’umukobwa bivugwa ko yagonzwe na ‘Ambulance’ ibitaro byo bikabihakana byivuye inyuma

Ruhango: Amayobera ku rupfu rw'umukobwa bivugwa ko yagonzwe na 'Ambulance' ibitaro byo bikabihakana byivuye inyuma

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved