• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

RDC: Umusirikare n’umupolisi bishwe baciwe imitwe

OMEGA BOY by OMEGA BOY
July 22, 2025
in Amakuru
0
Umusore w’imyaka 20 yiyahuriye kwa Makuza
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umusirikare n’umupolisi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bishwe baciwe imitwe ku wa Gatatu, itariki ya 16 Nyakanga, mu Murenge wa Nvunayi, muri Teritwari ya Kabinda (Intara ya Lomami).

Amakimbirane ashingiye ku butaka hagati y’abaturage b’amoko abiri yaho, azwi nka Belande Ngoya na Bakoji Mualaba ni yo nyirabayazana.

Related posts

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe i Goma

March 17, 2026
Abasirikare b’u Rwanda boherejwe muri Jamaica batangiye imirimo yo gusana ibyangiritse -Amafoto

Abasirikare ba RDF bari bari muri Jamaica batashye

March 16, 2026

Abatangabuhamya bavuga ko urugamba rukabije rwabaye hagati y’abatuye mu midugudu ya Kapamba na Nkuanga.

Umuyobozi wa Teritwari ya Kabinda, Gédéon Ngoyi, asobanura ko ubwiyongere bukabije bw’ikibazo bwatewe no gushimuta abantu hagati y’imidugudu yombi.

Yatangarije ACTUALITE.CD ati: “Umubyeyi n’abana be bombi bakomoka mu gace ka Kapamba, bahagaritswe n’abaturage ba Nkuanga. Uyu mubyeyi yarekuwe ahagana mu ma saa sita. Ariko nyuma y’amasaha make, umugore wo muri Nkuanga na we yashimuswe n’abaturage bo mu gace ka Kapamba. Ntaraboneka.”

Urugomo rwakurikiyeho ryateje urupfu rw’abashinzwe umutekano bombi, mu buryo budasobanutse nk’uko iyi nkuru ikomeza ivuga.

Ubuyobozi bw’akarere bwasobanuye ko abo bagabye igitero ari “abagizi ba nabi.”

Bwongeyeho buti: “Kugeza ubu ntituramenya uburyo n’impamvu abo bakozi (b’inzego z’umutekano) bari aho. Urupfu rwabo ntirwigeze rutangazwa ku mugaragaro, kandi rukomeje gushidikanwaho.”

Previous Post

Kamonyi: Ikamyo yabuze feri igonga abantu 12

Next Post

Muhanga: Umubyeyi w’imyaka 47 yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye

Next Post
Muhanga: Gitifu na Mutekano batawe muri yombi

Muhanga: Umubyeyi w'imyaka 47 yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved