• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

OMEGA BOY by OMEGA BOY
July 8, 2025
in Amakuru
0
Karongi: Yishe mugenzi we amuziza Telefone
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umugabo wo mu Karere ka Karongi yapfiriye mu Bitaro Bikuru bya Kibuye nyuma yo kunywa umuti witwa kiyoda usanzwe ukoreshwa mu kwica udukoko mu myaka.

Byabereye mu Mudugudu wa Cyimana Akagari ka Kibilizi Umurenge wa Rubengera ku wa 6 Nyakanga 2025.

Related posts

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026
Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

Iran yaburiye Donald Trump kugenza make, imubwira ko ashobora kwisanga ariwe wishwe nyuma y’ibyo yavuze

March 10, 2026

Ahagana Saa Sita z’amanywa nibwo umugore w’uyu mugabo yagiye kumugaburira asanga yikingiranye mu cyumba, ahamagara ubuyobozi bw’umudugudu buhageze busanga hari kunuka kiyoda, bwica urugi busanga yamaze kunegekara.

Ubuyobozi bwahise bushaka ingobyi ya kinyarwanda, abahetsi bamujyana ku Kigo Nderabuzima cya Rubengera, nacyo gihita kimwohereza ku Bitaro bya Kibuye ari naho yaje kugwa.

Saa Yine z’igitongo ku wa 7 Nyakanga nibwo uyu mugabo yapfuye.

Abaturanyi bavuga ko uru rugo rwari rusanzwe rubanye mu makimbirane, aho umugabo yashinjaga umugore kwanga ko batera akabariro, umugore agashinja umugabo kutita ku nshingano z’urugo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kibilizi, Habimana Viateur yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uru rugo kandi rwari rufite amakimbirane ashingiye ku gucana icyuma.

Ati “Bombi umwe yashinjaga mugenzi we kumuca inyuma”

Gitifu Habimana yasabye abaturage kwirinda icyatuma biyambura ubuzima ko ahubwo ubonye ibibazo byamurenze yajya yegera ubuyobozi bukamugira inama.

Nyakwigendera asize umugore n’abana batatu.

Previous Post

Musanze: Umugabo yasanzwe mu nzu yapfuye bikekwa ko yishwe n’inzoga yanywaga atariye

Next Post

RDC: Abantu icyenda bo mu muryango wa Tshisekedi ni bararegwa ubujura

Next Post
RDC: Abantu icyenda bo mu muryango wa Tshisekedi ni bararegwa ubujura

RDC: Abantu icyenda bo mu muryango wa Tshisekedi ni bararegwa ubujura

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

Š 2025 All Right Reserved