• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Elon Musk yongeye gucana umuriro kuri Donald Trump

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
June 29, 2025
in Uncategorized
0
Elon Musk yongeye gucana umuriro kuri Donald Trump
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umuherwe Elon Musk yongeye kwatsa umuriro kuri perezida w’Amerika Donald Trump amushinja KO politike ye izarushaho Ku madeni ndetse n’ubushomeri.

Taliki 28 Kamena 2025 nibwo umuherwe Elon Musk yavuze Ku mushinga w’itageko ujyanye nibyo amerika ishoramo amafaranga nyuma Yuko sena yari imaze kuwemeza

Related posts

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

Bujumbura: Umubyeyi yabyaye umuhungu ahabwa umwana w’umukobwa wapfuye

October 29, 2025
Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

Meteo Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura idasanzwe

October 23, 2025

Abinyujije Ku rukuta rwe rwa X yahoze Ari twitter Elon musk yagize ati”Umushinga w’itegeko wemejwe na Sena uzasenya imirimo ibarirwa muri za miliyoni muri Amerika, ndetse utere igihugu ikibazo gikomeye. Ni ubusazi bweruye kandi buzasenya. Uha amahirwe inganda zo mu bihe byashize ariko ukangiza inganda zo mu gihe kizaza.”

Ibi byemejwe na sena ni umushinga w’itageko wemejwe hagamijwe kuzamura imisoro hamwe nahamwe ndetse no gukuraho nkunganire Leta yatangaga mu nganda zikora imodoka zikoresha amashanyarazi ndetse bakagabanya n’amafaranga yatangwaga mu bitaro.

Ibi byakoze ahantu umuherwe Elon musk avuga ko bidakwiye ibi kwemerwa n’inteko nshinga mategeko. musk niwe ukomeje gushyira imbaraga nyinshi mu mushinga wo gukora imodoka za Tesla zikoresha amashanyarazi

Ubwo uyu mushinga watangiraga byatumye Donald trump na Elon musk bakomana amahembe bterana amagambo ndetse Elon musk ahita asezera Ku nshingano zo kuyobora ikigo cya DOGE yari yarahawe na Donald trump kuyobora.

Ibi byatumye uyu muherwe Musk yicuza impamvu yafashije trump mugihe yiyamamazaga avuga ko iyo atamushyigikira Atari gutsinda amatora yo kuba umukuru w’igihugu kuko NGO ntiyari gutsinda Kamala Harris Bari bahanganye.

 

Previous Post

Ikipe ya Olympique Lyonnais yamanuwe mu kiciro cya kabiri (League 2) kubera ikibazo cy’amikoro

Next Post

Rubavu: Abafite za Lodge ntibagishyiramo udukingirizo ngo tubabuza abakiriya

Next Post
Rubavu: Abafite za Lodge ntibagishyiramo udukingirizo ngo tubabuza abakiriya

Rubavu: Abafite za Lodge ntibagishyiramo udukingirizo ngo tubabuza abakiriya

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved