• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Imikino

Jürgen Klopp watoje amakipe akomeye nka Liverpool yatangaje ko ntaho akeneye kongera guhurira n’umwuga wo gutoza

ISHIMWE Moise by ISHIMWE Moise
June 29, 2025
in Imikino
0
Jürgen Klopp watoje amakipe akomeye nka Liverpool yatangaje ko ntaho akeneye kongera guhurira n’umwuga wo gutoza
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Jürgen Klopp wasezeye mu mwuga wo gutoza mu mwaka wa 2024 yatangaje ko ntagahunda yo kongera gutoza afite.

Uwahoze atoza amakipe  ndetse akaba yarubatse amateka akomeye Ku mugabane w’Uburayi Jürgen Klopp yatangaje ko atifuza kongera gukora uwo umwuga ndetse ko ntagahunda afite yo kubikomeza, gusa bamwe bavugaga ko yasezeye hakiri kare kujyeza ubwo mu minsi ishize ubwo hamenyekanaga ko Carlo Ancelotti watozaga ikipe ya Real Madrid yenda kujyenda bakagerageza kumuhuza n’iyi kipe ariko bikanga.

Related posts

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

Minembwe: FARDC yahagabye ibitero bihitana abagore n’abana

January 12, 2026
APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

APR FC yigaranzuye Rayon Sports iyitsinda idakozemo bituma yegukana igikombe

January 10, 2026

Yagize ati “ntago nkikeneye gutoza simbishaka ukundi sinakongera gufata ikipe ngo nyitoze byatuma nivanga muri byose nkuko byahoze Kandi ntago byakongera kuba ukundi.”

Jürgen Klopp w’myaka 58 y’amavuko mu kiganiro yatanze yagarutse Ku gikombe cy’isi cy’amakipe avuga ko aricyo gitekerezo kibi cyabayeho mu mateka y’umupira.

Yagize ati “Irushanwa rya Club World Cup (igikombe cy’isi cy’amakipe) n’icyo gitekerezo kibi cyane cyigeze gishyirwa mu mupira Wamaguru. Abantu batigeze na rimwe bagira aho bahurira n’ibikorwa bya buri munsi byumupira ni bo bari gutanga ibi bitekerezo.”

Yakomeje ati”ntinya ko umwaka utaha abakinnyi bashobora kuzaba bafite imvune batigeze bagira narimwe nibitaba bishobora kuba mu gikombe cy’isi cg nyuma yacyo.”

Uyu Mugabo yatoje amakipe arimo nka Liverpool na Borussia Dortmund  nyuma yo kureka gutoza yigiriye gukora muri Red Bull, aho ashinzwe ibikorwa bya siporo ku isi yose.

Previous Post

Iby’i Nyarugenge byakomeye! Dj Briane arashinjwa kuryamana na Miss Muyango bigatuma atandukanye na Kimenyi Yves

Next Post

Umutoza W’ikipe ya Chelsea atewe agahinda n’ibiri kubera mu gikombe cy’isi

Next Post
Umutoza W’ikipe ya Chelsea atewe agahinda n’ibiri kubera mu gikombe cy’isi

Umutoza W'ikipe ya Chelsea atewe agahinda n'ibiri kubera mu gikombe cy'isi

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved