• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IYOBOKAMANA

Amafoto – Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete

OMEGA BOY by OMEGA BOY
June 26, 2025
in IYOBOKAMANA
0
Amafoto – Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Nyuma y’iminsi ibiri iby’urukundo rwabo bigiye hanze, Chryso Ndasingwa yambitse impeta Sharon Gatete, amusaba kuzamubera umugore undi nawe ahita abyemera.

Amakuru y’uko uyu muhanzi umaze kumenyekana mu ndirimbo zo guhimbaza Imana yambitse impeta uyu mukobwa nawe usanzwe ari umuririmbyi, yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Kamena 2025.

Related posts

“Ese aho uvuye uhunze ibibazo, aho ujya ntuzahasanga ibindi?”: Perezida Kagame yibaza impamvu abashakanye babiri bananirwa kubana bakageza aho gutandukana

“Ese aho uvuye uhunze ibibazo, aho ujya ntuzahasanga ibindi?”: Perezida Kagame yibaza impamvu abashakanye babiri bananirwa kubana bakageza aho gutandukana

February 1, 2026
Meddy wataramiye abitabiriye ‘Rwanda Convention USA’ yahishuye uko Zion Temple ya Gitwaza yamugize umuntu ukomeye

Meddy wataramiye abitabiriye ‘Rwanda Convention USA’ yahishuye uko Zion Temple ya Gitwaza yamugize umuntu ukomeye

July 7, 2025

Mu butumwa bugufi Chryso Ndasingwa yanditse nyuma yo kwambika impeta uyu mukobwa, yagize ati “Naranyuzwe kandi maze gufata icyemezo cyo kumukunda ubuziraherezo.”

Hari hashize iminsi mike inshuti n’abavandimwe ba Gatete Sharon bitabiriye ibirori byo kumufatira irembo, ndetse icyo gihe, Amakuru yavugaga uyu mukobwa ari mu myiteguro yo kurushinga na Chryso Ndasingwa.

Amakuru avuga ko aba bombi bateganya gukora ubukwe mu Ugushyingo 2025.

Gatete usanzwe ari umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na Ndasingwa bari banaherutse guhurira mu ndirimbo zirimo ‘Yanyishyuriye’ na ‘Wera wera wera’.

Uyu mukobwa ukundirwa ijwi rye ryiza, azwi mu ndirimbo zirimo ‘Inkuru nziza’ n’izindi nyinshi zatumye yigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana.

Previous Post

Yanga SC yo muri Tanzania byemejwe ko izaza mu Rwanda

Next Post

Nyanza: Umugabo yishwe akubiswe ifuni n’uwo bikekwa ko ajya amusambanyiriza umugore

Next Post
Nyanza: Umugabo yishwe akubiswe ifuni n’uwo bikekwa ko ajya amusambanyiriza umugore

Nyanza: Umugabo yishwe akubiswe ifuni n'uwo bikekwa ko ajya amusambanyiriza umugore

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved