• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Australia: Arembeye mu bitaro kubera kuryamana n’abagabo 583 mu munsi umwe

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 25, 2025
in Amakuru
0
Australia: Arembeye mu bitaro kubera kuryamana n’abagabo 583 mu munsi umwe
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Umukobwa wo muri Australia wamamaye ku rubuga OnlyFans rushyirwaho amafoto n’amashusho y’urukozasoni, Annie Knight, yajyanywe mu bitaro nyuma yo kuryamana n’abagabo 583 mu munsi umwe.

Annie washakaga gushyiraho agahigo, yari yatangaje ko yifuza kuryamana n’abagabo 200 mu munsi umwe, hafatwa amashusho. Habonetse 583, bose yemera kuryamana na bo.

Related posts

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

U Rwanda na RDC bigiye kongera guhurira mu biganiro byo kuzahura inzira y’amahoro i Washington

March 17, 2026
Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

Ihuriro AFC/M23 ryafashe akandi gace kari hafi ya Uvira

March 17, 2026

Iki gikorwa cyamaze amasaha atandatu, icyakoze muganga Dr. Zac Turner ukorera mu Mujyi wa Sydney, yagaragaje ko umubiri w’umuntu udafite ubu bushobozi, bityo ko Annie yagombaga kubona ingaruka zihuse.

Ubwo Annie yajyanwaga ku bitaro tariki ya 21 Gicurasi 2025, yavaga amaraso menshi yatewe no kwangirika kw’imyanya ndangagitsina. N’ubusanzwe, ngo yafataga imiti imugabanyiriza uburibwe, inahagarika kuva kw’amaraso.

Dr. Turner yagize ati “Imibonano mpuzabitsina ni igikorwa gikenewe ku mubiri, gikora ku mikaya itandukanye, ku mitemberere y’amaraso ava mu mutima ndetse hakanarekurwa endorphines…Ariko iyo urengeje urugero, ukayikora igihe kinini, ingaruka ku mubiri n’imitekerereze ziba mbi.”

Nyuma y’iri sanganya, Annie yatangaje ko yabaye ahagaritse kwifata amashusho y’urukozasoni kugira ngo yite ku mubiri we kuko ari wo ufite agaciro kurusha ibindi byose.

Ati “Namenye ko ubuzima bwanjye ari ingenzi kurusha ibindi byose, ni yo mpamvu nafashe ikiruhuko cyo gufata amashusho. Ndashaka kureba ko umubiri wanjye wasubirana ubuyanja, ukongera kuba mwiza.”

Uyu mukobwa w’imyaka 27 y’amavuko yatangaje kandi ko muri iki gihe, ari kubana n’umukunzi we, Henry Brayshaw.

Gusa nubwo Annie Knight ari kunyura mu bihe bikomeye, ni umukire kuko yavuze ko yinjiza nibura ibihumbi 200$ ku kwezi, akaba anafite inzu enye zose.

Previous Post

Tanzania: Hafatiwe ‘diamants’ zifite agaciro ka miliyari zigiye kwambutswa mu buryo bwa magendu

Next Post

Rusizi: Ambulance yarigiye kuzana umurwayi yakoze impanuka

Next Post
Rusizi: Ambulance yarigiye kuzana umurwayi yakoze impanuka

Rusizi: Ambulance yarigiye kuzana umurwayi yakoze impanuka

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved