• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Yago n’umukunzi we Teta Christa biritegura kwibaruka imfura yabo-Amafoto

OMEGA BOY by OMEGA BOY
April 27, 2025
in IMYIDAGADURO
0
Yago n’umukunzi we Teta Christa biritegura kwibaruka imfura yabo-Amafoto
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko Yago n’umukunzi we Teta Christa bitegura kwibaruka imfura yabo, aba bombi babinyujije ku mbuga nkoranyambaga baciye amarenga ko ibyavugwaga atari ibihuha.

Yaba Yago Pon Dat ndetse n’umukunzi we basangije ababakurikira amafoto bari kumwe ndetse uyitegereje ubona ko uyu mukobwa yitegura kwibaruka bashyiraho n’utumenyetso ‘Emojis’ ubusanzwe twifashishwa n’abitegura kwibaruka.

Related posts

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

Umukinnyi wa filime Nyambo yavuze ko bigoye kuba yabona umusore wakemera ko amubera umugore

February 6, 2026
Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

Umukinnyi wa filime wamamaye nka Samusure wari umaze igihe mu buhingiro agiye kugaruka mu Rwanda

February 3, 2026

Benshi mu babakurikira mu butumwa babahaye, baberetse ko babishimiye ndetse banaha ikaze uyu mwana bitegura kwibaruka.

Muri Werurwe 2025 nibwo Nyarwaya Innocent umaze kumenyekana nka Yago Pon Dat, yashyize hanze indirimbo yise “Elo” yakomoye kuri uyu mukunzi we, bagiye kumarana imyaka ibiri bakundana.

Abajijwe uko iby’urukundo rwabo byatangiye yavuze yamenye Teta ari umufana we, bagenda baganira biyumvanamo kugeza bageze ku ngingo yo gukundana.

Ati “Byatangiye ari umufana wanjye bisanzwe, nyuma turahuza. Tugiye kumarana imyaka ibiri.”

Avuga ko ikintu gikomeye yamukundiye ari uko “afite umutima mwiza cyane”.

Mu mpera z’umwaka ushize ubwo yaganiraga na IGIHE, Yago Pon Dat umaze igihe yimukiye muri Uganda aho asigaye atuye, yavuze ko yaretse intambara z’amagambo zamugonganishaga na bagenzi be babanye mu myidagaduro yo mu Rwanda.

Nubwo kwimukira muri Uganda ahamya ko cyari icyemezo gikomeye, Yago ahamya ko kugeza uyu munsi ameze neza nta kibazo na kimwe afite.

Previous Post

Restaurant y’i Kigali yaje ku mwanya wa 25 muri restaurant nziza ku Isi

Next Post

Donald Trump yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis

Next Post
Donald Trump yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis

Donald Trump yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved