• AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyaruguru: Umugabo w’imyaka 55 afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 10

OMEGA BOY by OMEGA BOY
April 17, 2025
in Amakuru
0
Nyaruguru: Umugabo w’imyaka 55 afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 10
0
SHARES
FacebookTwitterWhatsapp

Mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Kibeho, umugabo w’imyaka 55 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 10.

Ibi byabaye kuwa 12 Mata 2025, bibera mu Mudugudu wa Mudugudu wa Munege, mu kagari ka Mpanda mu Murenge wa Kibeho mu karere ka Nyaruguru.

Related posts

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

U Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique

March 15, 2026
Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Goma: Abaturage biraye mu mihanda bakora imyigaragambyo basaba M23 gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

March 12, 2026

Ukekwa yabanje kwihisha ubutabera aza gufatwa mu gicuku ahagana i saa tanu z’ijoro mu gace aho icyo cyaha cyabereye.

Abatuye muri kariya gace avuga ko uriya mugabo asanzwe agenda kwa nyirakuru w’umwana, yaje asanga umwana iwabo akamushuka, amubwira ngo ajye gutashya inkwi mu ishyamba.

Icyo gihe ngo  umwana yagiyeyo, uriya mugabo aramukurikira ahita yongera kumushuka amujyana mu bihuru aramusambanya .

Abaturage bakomeza bavuga ko nyina w’umwana ari guhita hafi y’ahaberaga ayo mahano, yumvise umwana arira, uwo mugabo amubonye ariruka maze umwana avuga  uko byamugendekeye ko yari gusambanywa.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Dr Murwanashyaka Emmanuel yatangaje ko uriya ukekwa yamaze gutabwa muri yombi, akaba afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Ni mu gihe Umwana yahise ajyanwa Kwa muganga.

Isoko: Umuseke

Previous Post

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 17 Mata 2025

Next Post

Nyanza: Uwo bivugwa ko ari inshoreke ya Meya yashyize ifoto kuri Facebook yicaye mu ntebe y’umuyobozi w’Akarere iticarwaho na burumwe wese

Next Post
Nyanza: Uwo bivugwa ko ari inshoreke ya Meya yashyize ifoto kuri Facebook yicaye mu ntebe y’umuyobozi w’Akarere iticarwaho na burumwe wese

Nyanza: Uwo bivugwa ko ari inshoreke ya Meya yashyize ifoto kuri Facebook yicaye mu ntebe y'umuyobozi w'Akarere iticarwaho na burumwe wese

Please login to join discussion

POPULAR NEWS

  • REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    REB yahinduye amasaha Abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazajya batangiriraho amasomo

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • MIFOTRA: Itangazo rigenewe Abaturarwanda bose muri rusange ku minsi ine y’ikiruhuko

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umupadiri yaririye Noheli muri gereza

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Karongi: Umugabo warumaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro akabyanga yiyahuye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Aya mahirwe ntagucike! Itangazo rireba abantu bose bifuza kwinjira muri RIB nk’abakozi mu myanya itandukanye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0

Follow us on social media:

  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved

No Result
View All Result
  • AHABANZA
  • AKAZI
  • Amakuru
  • Imikino
  • Uburezi
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 All Right Reserved